AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Ubwiyongere bw'inka n'umukamo mu Rwanda nyuma ya jenoside yakorewe Abatutsi

Yanditswe Apr, 17 2017 18:18 PM | 5,485 Views



Mu 1994 umukamo w'amata umaze kwikuba inshuro zisaga 10 ibyo ngo bikaba byaratewe no kongera umubare w'inka no kuvugurura icyororo cyazo nkuko bitangazwa na Minisiteri y'ubuhinzi n'ubworozi mu Rwanda.

Muri Jenoside yakorewe Abatutsi, uko abicanyi batsembaga abantu niko n’inka zasahuwe ku buryo hari abavuga ko ngo batatekerezaga ko hari nka izasigara mu Rwanda nkuko bitari byoroshye kwibwira ko hari uzarokoka iyo Jenoside.

Umuyobozi ushinzwe ubworozi muri Minisiteri y'Ubuhinzi n'Ubworozi Rutagengwa Theogene avuga ko mu byatumye inka ziyongera mu Rwanda harimo gahunda ya Girinka no kuvugurura ubworozi muri rusange.

Imibare dukesha Minisiteri y'Ubuhinzi n'Ubworozi igaragaza ko  kugeza muri 2016 u Rwanda rwari rugeze kuri toni zisaga ibihumbi mana arindwi z'amata ku mwaka zivuye kuri toni 7,200 mu 1994. Mu 1994 kdi mu Rwanda haburwaga inka 172,000 muri 2016 zikaba ziri zimaze kurenga miliyoni na magana atatu.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage