Yanditswe Apr, 17 2017 18:18 PM | 5,485 Views
Mu 1994 umukamo w'amata umaze kwikuba inshuro zisaga 10 ibyo ngo bikaba byaratewe no kongera umubare w'inka no kuvugurura icyororo cyazo nkuko bitangazwa na Minisiteri y'ubuhinzi n'ubworozi mu Rwanda.
Muri Jenoside yakorewe Abatutsi, uko abicanyi batsembaga abantu niko n’inka zasahuwe ku buryo hari abavuga ko ngo batatekerezaga ko hari nka izasigara mu Rwanda nkuko bitari byoroshye kwibwira ko hari uzarokoka iyo Jenoside.
Umuyobozi ushinzwe ubworozi muri Minisiteri y'Ubuhinzi n'Ubworozi Rutagengwa Theogene avuga ko mu byatumye inka ziyongera mu Rwanda harimo gahunda ya Girinka no kuvugurura ubworozi muri rusange.
Imibare dukesha Minisiteri y'Ubuhinzi n'Ubworozi igaragaza ko kugeza muri 2016 u Rwanda rwari rugeze kuri toni zisaga ibihumbi mana arindwi z'amata ku mwaka zivuye kuri toni 7,200 mu 1994. Mu 1994 kdi mu Rwanda haburwaga inka 172,000 muri 2016 zikaba ziri zimaze kurenga miliyoni na magana atatu.
Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Apr 19, 2024
Soma inkuru
REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr
Jan 19, 2024
Soma inkuru
Oscar Pistorius yafunguwe nyuma y'imyaka 11 ishize yishe uwari umukunzi we
Jan 05, 2024
Soma inkuru
Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda
Dec 14, 2023
Soma inkuru
Twitege iki kuri Tour du Rwanda 2024?
Nov 09, 2023
Soma inkuru
Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya
Nov 05, 2023
Soma inkuru
Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023
Oct 22, 2023
Soma inkuru
Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abagenda n'amaguru
Oct 15, 2023
Soma inkuru