AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

U Rwanda ruri ku mwanya wa 2 mu korohereza abashoramari muri Afurika

Yanditswe Oct, 25 2016 11:32 AM | 2,377 Views



Mu makuru arebana n'ubukungu, u Rwanda rwashyizwe ku mwanya wa kabiri muri Afrika muri raporo nshya Banki y’isi igaragaza uburyo ibihugu byorohereza abantu gukoreramo ishoramari (World Bank Doing Business Report 2017).

U Rwanda rwazamutseho imyanya itandatu yose ruva ku mwanya wa 62 rugera kuri 56 mu bihugu 190 byo mu isi, rwagumye ku mwanya wa kabiri muri Africa.

Muri Afrika, ibirwa bya Maurice, n'ubwo byasubiye inyuma ho imyanya 17 ku rutonde rw’isi, muri Afrika biracyaza ku mwanya wa mbere y’u Rwanda.

Urutonde rukorwa hagendewe ku gutera imbere n’ibyorohereza abashoramari, gukorera mu mucyo, gukurikiza amategeko, gufasha abashoramari kubona ibikorwa remezo n’ibindi.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage