AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

U Rwanda rurasaba Congo kubyaza amahirwe ikiyaga cya Kivu

Yanditswe Nov, 11 2016 12:05 PM | 1,658 Views



Minisitiri w’umutungo kamere mu Rwanda arasanga igihugu cya Repubilika iharanira Demokarasi ya Congo kitakwitesha kubyaza amahirwe agaragara mu kiyaga cya kivu, bityo agisaba ubufatanye mu mishinga inyuranye, ifitiye abaturage b’impande zombi akamaro.

Ibi Minisitiri Dr Biruta Vincent, yabigarutseho ubwo yari mu mujyi wa Goma mu kiganiro yagiranye na Mugenzi we Aime Ngoyi Mukena, Minisitiri w’ingufu n’amazi bareberahamwe uko ikiyaga cya Kivu cyabyazwa umusaruro.

Inkuru yose mu mashusho:





Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage