AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Turukiya n'u Rwanda mu yindi ntero y'ubufatanye mu burezi n'ubuhahirane

Yanditswe May, 31 2016 10:47 AM | 1,294 Views



Ministiri w’ububanyi n’amahanga mu gihugu cya Turikiya yaraye ageze mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi itatu, mu biganiro agirana na mugenzi we w’u Rwanda biribanda ku ngingo nyamukuru zirimo ubufatanye hagati ya minisiteri z’ububanyi n’amahanga mu bihugu byombi, ubufatanye mu birebana n’uburezi ndetse no koroshya uburyo bw’imigenderanire muri ibyo bihugu.

Nta myaka myinshi ishize hatangiye ubuhahirane hagati y’ibihugu byombi, ariko Turikiya ivuga ko u Rwanda ari igihugu gifite imiyobore myiza n’ubukungu buri kuzamuka cyane mu karere, bityo ko u Rwanda ari umufatanyabikorwa mwiza mu by’ubukungu.

Ni mu gihe kandi u Rwanda rusanzwe rufitanye umubano mwiza ushingiye ku buhahirane, ubu ikigo cy’indege gikomeye ku isi, Turkish Airlines, kiri ku isonga mu gufasha abakora ingendo zigana muri icyo gihugu, aho cyatangije ingendo zacyo mu Rwanda mu mwaka wa 2012.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage