Yanditswe May, 30 2017 16:10 PM | 2,588 Views
Ibi Perezida wa sena Bernard Makuza yabigarutseho mu
kiganiro nyungurana-bitekerezo ku murimo mu Rwanda; ikiganiro cyateguwe na sena
y'u Rwanda.
Ikiganiro nyungurana bitekerezo cyateguwe na sena ntikigaragaza gusa ko umurimo ufite uruhare rukomeye mu iterambere ry'igihugu ahubwo kinerekana ko hadafashwe ingamba zikwiye, ibura ry'umurimo ryabangamira bikomeye icyerekezo igihugu cyihaye.
Minisiteri y'abakozi ba leta n'umurimo ivuga ko hamaze gukorwa ibitari bike mu gufasha Abanyarwanda kwihangira imirimo no kunoza iyo bafite.
Mu kuzirikana agaciro k'umurimo ubu ikigo cy'igihu cy'ibarurisha mibare ngo kigiye kujya kigaragaza ishusho y'uko isoko ryawo rihagaze buri gihembwe mu gihe minisiteri ifite umurimo mu nshingano yemeza ko ighugu kimaze kurenza imirimo ibihumbi 200 cyiyemeje guhanga buri mwaka ndetse kikaba kigeze kuri 1/2 cy'imirimo igera kuri miliyoni eshatu n'igice cyiyemeje guhanga kugeza muri 2020.
Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Apr 19, 2024
Soma inkuru
REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr
Jan 19, 2024
Soma inkuru
Oscar Pistorius yafunguwe nyuma y'imyaka 11 ishize yishe uwari umukunzi we
Jan 05, 2024
Soma inkuru
Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda
Dec 14, 2023
Soma inkuru
Twitege iki kuri Tour du Rwanda 2024?
Nov 09, 2023
Soma inkuru
Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya
Nov 05, 2023
Soma inkuru
Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023
Oct 22, 2023
Soma inkuru
Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abagenda n'amaguru
Oct 15, 2023
Soma inkuru