AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Sena iravuga ko ishishikajwe n'ibijyanye n'imiterere y'umurimo mu Rwanda

Yanditswe May, 30 2017 16:10 PM | 2,588 Views



Ibi Perezida wa sena Bernard Makuza yabigarutseho mu kiganiro nyungurana-bitekerezo ku murimo mu Rwanda; ikiganiro cyateguwe na sena y'u Rwanda.

Ikiganiro nyungurana bitekerezo cyateguwe na sena ntikigaragaza gusa ko umurimo ufite uruhare rukomeye mu iterambere ry'igihugu ahubwo kinerekana ko hadafashwe ingamba zikwiye, ibura ry'umurimo ryabangamira bikomeye icyerekezo igihugu cyihaye.

Minisiteri y'abakozi ba leta n'umurimo ivuga ko hamaze gukorwa ibitari bike mu gufasha Abanyarwanda kwihangira imirimo no kunoza iyo bafite.

Mu kuzirikana agaciro k'umurimo ubu ikigo cy'igihu cy'ibarurisha mibare ngo kigiye kujya kigaragaza ishusho y'uko isoko ryawo rihagaze buri gihembwe mu gihe minisiteri ifite umurimo mu nshingano yemeza ko ighugu kimaze kurenza imirimo ibihumbi 200 cyiyemeje guhanga buri mwaka ndetse kikaba kigeze kuri 1/2 cy'imirimo igera kuri miliyoni eshatu n'igice cyiyemeje guhanga kugeza muri 2020.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage