AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

#RwandaDay2017: Perezida Kagame yibukije abanyarwanda kurwanya ubukene

Yanditswe Jun, 11 2017 00:49 AM | 3,273 Views



Perezida wa Repubulika Paul Kagame aravuga ko u Rwanda rumaze gutera intambwe ishimishije bikagaragazwa n’ibipimo mpuzamahanga bitandukanye birushyira ku isonga. Ibi yabigarutseho mu ijambo yagejeje ku bitabiriye Rwanda Day yabereye mu mu Mujyi wa Ghent mu Bubiligi kuri uyu wa Gatandatu.

Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda baturutse mu Rwanda, mu Bubiligi, mu Busuwisi, mu Butaliyani, mu Budage, mu Buholandi, mu Bufaransa, mu Burusiya no mu bindi bice bitandukanye by’Isi, bahuriye muri Flanders Expo ahabereye Rwanda Day.

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yabanje gushimira abaturutse imihanda yose baje guhurira muri Rwanda Day maze anabagaragariza aho u Rwanda rugeze rwiteza imbere.

Umukuru w’igihugu ijambo rye yanagarutse ku mikoranire y’umugabane wa Afurika n’indi migabane igize isi avuga ko Afurika nkuko ari umugabane ukennye gusa ukaba ufite ubukungu bwinshi, bikwiye ko Ibindi bice by’isi bikwiye gushora imari muri Afurika bityo impande zombi zikarushaho kuzamuka mu by’ubukungu.


Inkuru irambuye mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage