AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Perezida Paul Kagame yasuye abaturage bo mu ntara y'iburasirazuba

Yanditswe Apr, 28 2016 10:12 AM | 2,721 Views



Kuri uyu wa 4 perezida wa Republika Paul Kagame, aratangira uruzinduko rw'iminsi 3 mu ntara y'iburasirazuba, aho kuri ubu asura abaturage b'akarere ka Ngoma bagahurira ku kibuga cya TTC Zaza.

Nyuma yo kubagezaho ijambo ari buganire nabo bamugezeho ibitekerezo ndetse n'abafite ibibazo babimubaze.

Muri uru ruzinduko kandi azasura n'akarere ka Nyagatare anifatanye n'abaturage ba Kayonza mu gikorwa cy'umuganda usoza ukwezi kwa Mata.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage