AGEZWEHO

  • Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente avuga ko u Rwanda rwiteguye gutanga umusanzu mu kurwanya Malaria – Soma inkuru...
  • Imiryango 4800 imaze kwimurwa nyuma y’ibiza byo muri Gicurasi 2023 – Soma inkuru...

Perezida Paul Kagame yashimye imitegurire y'inama ya 27 ya Afurika yunze ubumwe

Yanditswe Jul, 23 2016 19:36 PM | 2,467 Views



Mu mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye abagize uruhare mu kwakira no gufata neza abashyitsi bitabiriye inama ya 27 y'umuryango wa Afrika yunze ubumwe yabereye i Kigali mu Rwanda kuva ku itariki 10 kugeza ku ya 18 muri uku kwezi kwa Karindwi.

Inkuru irambuye na Sylvanus Karemera.

Umukuru w'igihugu  yashimye abanyarwanda bose aho bari hose, uburyo bakiriye iyi nama yo ku rwego rwo hejuru ikagenda neza nk'uko byifuzwaga. Ni inama yabereye mu nyubako nshya y'ikitegererezo Kigali Convention Center

Perezida Kagame yasobanuye ko ibitaragenze neza, hazakomeza gukorwa ibishoboka byose kugira ngo  bigende neza kandi ko bitazananirana. Uku gushima kw'umukuru wigihugu kuje nyuma y'iminsi ine gusa inama  y'umuryango w'Afrika yunze ubumwe isoje imirimo yayo I Kigali ikaba yarahuje ibihugu byose by'Afurika.

Inkuru irambuye mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage