Yanditswe Nov, 18 2016 18:05 PM | 2,270 Views
Prezida wa republika yitabiriye umuhango w'irahira ry'abadepite batatu aribo Karinijabo Barthelemy, Mukamana Elizabeth na Bitunguramye Diogene.
Prezida wa republika yasabye abadepite bamaze kurahira ko bagomba gukorera igihugu kandi ko baje basanga abandi bafite inshingano buzuza neza. kubw'ibyo ko abamaze kurahira, imirimo barahiriye ari iyongera imbaraga kugira ngo igihugu gikomeze gitere imbere, haba mu bukungu, imiyoborere, umutekano nibindi. cyane ko u rwanda rukomeje kuza mu myanya y'imbere.
umukuru w'igihugu yagarageje ko inshingano z'abayobozi ari ugukomeza kurushaho gukora neza bakomeza intambwe ijya imbere.
Prezida Kagame yavuze ko hakiri urugendo kugira ngo intego u Rwanda rwiha ruzigereho. yongeye kubibutsa ko gukora kw'abayobozi ari ukwikorera kandi bakora ibintu birambye.
Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Apr 19, 2024
Soma inkuru
REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr
Jan 19, 2024
Soma inkuru
Oscar Pistorius yafunguwe nyuma y'imyaka 11 ishize yishe uwari umukunzi we
Jan 05, 2024
Soma inkuru
Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda
Dec 14, 2023
Soma inkuru
Twitege iki kuri Tour du Rwanda 2024?
Nov 09, 2023
Soma inkuru
Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya
Nov 05, 2023
Soma inkuru
Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023
Oct 22, 2023
Soma inkuru
Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abagenda n'amaguru
Oct 15, 2023
Soma inkuru