AGEZWEHO

  • RIB yerekanye abasore babiri bakekwaho kwiba amadorali ya Amerika asaga 9000 – Soma inkuru...
  • Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente avuga ko u Rwanda rwiteguye gutanga umusanzu mu kurwanya Malaria – Soma inkuru...

Perezida Kagame yishimiye ko Sudani y\'Amajyepfo yinjiye muri EAC

Yanditswe Mar, 03 2016 13:09 PM | 3,778 Views



Perezida wa Repubulika Paul Kagame yitabiriye inama y'abakuru b'ibihugu bigize umuryango wa Afurika y'iburasirazuba yabaye ku nshuro ya 17 kuri uyu wa gatatu mu mujyi wa Arusha muri Tanzania.

Perezida Kagame, yatangaje ko yishimiye ko Sudani y'Amajyepfo yinjiye muri uyu muryango, anavuga ko hategerejwe kugaragara ishyirwa mu bikorwa ry'ibiba byavugiwe mu nama nk'izi zikorwa

Murebe inkuru hano:




Sergio Karim

We warmly welcome them in the revolutionary and ambitious community which, at their highest potentialities are competing for making Africa a better place for everybody. Mar 03, 2016


Mutangana Venant

imana ishimwe yo yatwihereye president mwiza kuko amanama nkaya agaragaza ubudahangarwa aba afite muri bagenzibe kandi byubahisha abo afite munshingano. kuko iyo akomeje kwongera umubano mubindi bihugu nitwe aba yagururira imbago. imana imuhe gukomereza aho yongere ingendo adushakira amahoro numudendezo natwe nkurubyiruko ntituzamutererana. Jun 21, 2016


Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage