AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Perezida Kagame yakiriye mu biro bye abayobozi batandukanye b'i Burayi

Yanditswe Nov, 07 2017 22:27 PM | 3,143 Views



Perezida wa Republika Paul Kagame ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri yakiriye mu biro bye, mu bihe bitandukanye bwana Stewart Rory umunyamabanga wa Leta ushinzwe Afrika muri minisiteri y'ububanyi n'amahanga n'ibikorwa by'umuryango wa Commonwealth mu Bwongereza,  ndetse na bwana Stefano Manservisi umuyobozi mukuru mu muryango w'ubumwe bw'i Bulayi ushinzwe ubutwererane mu iterambere mpuzamahanga, baganira ku bufatanye bw'izi mpande zombi n'u Rwanda.

Bwana Stewart Rory yagiriye uruzinduko rw'umunsi 1 mu Rwanda, aho yanasuye urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali.

Ku rundi ruhande, Perezida wa republika yakiriye bwana Stefano Manservisi weri uje kumugaragariza ibijyanye n'ubufatanye n'ubutwererane hagati y'u Rwanda n'umuryango w'ubumwe bw'i Burayi.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage