AGEZWEHO

  • RIB yerekanye abasore babiri bakekwaho kwiba amadorali ya Amerika asaga 9000 – Soma inkuru...
  • Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente avuga ko u Rwanda rwiteguye gutanga umusanzu mu kurwanya Malaria – Soma inkuru...

Perezida Kagame ari muri Leta Zunze Ubumwe z'Abarabu mu ruzinduko rw'akazi

Yanditswe Nov, 23 2017 19:36 PM | 4,136 Views



Perezida wa Republika Paul Kagame kuri uyu wa kane yageze i Abu Dhabi muri Leta zunze ubumwe z'Abarabu. Amakuru yatangajwe ku rukuta rwa twitter rw'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, avuga ko perezida Kagame yanagiranye ibiganiro na HH Sheikh Mohamed bin Zayed Al Nahyan, igikomangoma cya Abu Dhabi akaba n'umuyobozi w'ikirenga wungirije w'ingabo za Leta zunze ubumwe z'abarabu.

Umukuru w’Igihugu na Sheikh Mohamed Bin Zayed baganiriye ku mubano mwiza uri hagati ya UAE n’u Rwanda no ku buryo warushaho gukomera, abaturage b’ibihugu byombi bakawungukiraho.

Barebeye hamwe ubufatanye mu bukungu, ishoramari, iterambere, ibibazo bya politiki ibi bihugu bihuriyeho n’amahirwe ahari mu kurushaho kuzamura ubucuti hagamijwe inyungu za buri wese.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage