AGEZWEHO

  • Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente avuga ko u Rwanda rwiteguye gutanga umusanzu mu kurwanya Malaria – Soma inkuru...
  • Imiryango 4800 imaze kwimurwa nyuma y’ibiza byo muri Gicurasi 2023 – Soma inkuru...

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro byihariye na mugenzi we wa Benin

Yanditswe Aug, 31 2016 09:47 AM | 1,098 Views



Ku munsi wa Kabiri w'uruzinduko rwe mu Rwanda, Perezida wa Benin Patrice Talon yagiranye ibiganiro byihariye na mugenzi w'u Rwanda Paul Kagame, ibiganiro byabereye muri Village Urugwiro.

Nyuma y'ibi biganiro byahuje aba banyacyubahiro bombi hakurikiyeho inama yitabiriwe n'abayobozi bo ku rwego rwo hejuru muri guverinoma z'ibihugu byombi.

Perezida wa Benin Patrice Talon yageze mu Rwanda ku wa mbere.

Akigera ku kibuga cy'indege mpuzamhanga cya Kigali yakiriwe  na mugenzi we w'u Rwanda Paul Kagame waje no kumwakira ku meza ku mugoroba.

Akigera mu Rwanda kandi perezida wa Benin yunamiye inzirakarengane zazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda ku rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruri ku Gisozi.

Uretse kwakirwa mu biro by'úmukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Perezida wa Benin  yanasuye Ikigo cy'igihugu cy'iterambere RDB aho yavuye ajya gusura agace kihariye kahariwe inganda muri Kigali.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage