Yanditswe Apr, 29 2016 11:56 AM | 2,852 Views
Kuri station ya police ya Rukara mu Karere ka Kayonza hafungiye abayobozi babiri b’akagari bakekwaho kunyereza ibya rubanda bigizwe n’ibihumbi 165 by’amafaranga y’u Rwanda y’umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza, watanzwe n’abaturage, toni n’igice y’ifumbire yo mu bwoko bwa Urea na NPK, n’ibiro 500 by’ibigori byari bigenewe guhabwa abaturage.
Abakurikiranyweho iki cyaha, ni Umunyamabanga nshingwabikorwa w’akagari kamwe ko mu murenge wa Rukara n’undi muyobozi ushinzwe imibereho myiza y’abaturage muri ako kagari.
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu ntara y’iburasirazuba, IP Emmanuel Kayigi asobanura ko mu kwezi kwa cumi k’umwaka ushize, aba bombi ngo bakanguriye abaturage bari batinze gutanga amafaranga y’ubwisungane mu kwivuza, barayatanga noneho bombi babasezeranya ko bazayabagereza ku kigo nderabuzima cya Rukara.
Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Apr 19, 2024
Soma inkuru
REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr
Jan 19, 2024
Soma inkuru
Oscar Pistorius yafunguwe nyuma y'imyaka 11 ishize yishe uwari umukunzi we
Jan 05, 2024
Soma inkuru
Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda
Dec 14, 2023
Soma inkuru
Twitege iki kuri Tour du Rwanda 2024?
Nov 09, 2023
Soma inkuru
Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya
Nov 05, 2023
Soma inkuru
Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023
Oct 22, 2023
Soma inkuru
Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abagenda n'amaguru
Oct 15, 2023
Soma inkuru