Yanditswe Jul, 27 2016 23:14 PM | 3,794 Views
Abashakashatsi
b'abanyarwanda barimo gucukumbura bimwe mu bibazo u Rwanda rugihura nabyo nyuma
y'imyaka 22 habaye Jenoside yakorewe abatutsi binyuze mu nyandiko. Mu
bushakashatsi bw'ibanze bwashyizwe ahagaragara n'impuguke 10,
bagarutse ku kunoza no kutabogama ku mateka kugirango hagaragazwe ukuri ku
mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi agenda agorekwa.
Byinshi mu bitabo bikubiyemo amateka ya jenoside yakorewe abatutsi nuko byandikwa ahanini n'abanyamahanga, ariko bimwe ugasanga bigoreka ayo mateka.
Kuri ubu abanyarwanda nabo ntibicaye
kuko batangiye gusohora ubushakashatsi bw'ibanze bwerekana uko u Rwanda
rwahangana n'izi ngaruka.
Nyuma yo kungurana
ibitekerezo kuri ibyo bitabo bivuga ku ngaruka za jenoside, byanditswe
n’abanyarwanda, biteganijwe ko bizashyirwa ahagaragara mu kwezi kwa 10 uyu
mwaka.
Inkuru mu mashusho:
Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Apr 19, 2024
Soma inkuru
REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr
Jan 19, 2024
Soma inkuru
Oscar Pistorius yafunguwe nyuma y'imyaka 11 ishize yishe uwari umukunzi we
Jan 05, 2024
Soma inkuru
Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda
Dec 14, 2023
Soma inkuru
Twitege iki kuri Tour du Rwanda 2024?
Nov 09, 2023
Soma inkuru
Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya
Nov 05, 2023
Soma inkuru
Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023
Oct 22, 2023
Soma inkuru
Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abagenda n'amaguru
Oct 15, 2023
Soma inkuru