AGEZWEHO

  • RIB yerekanye abasore babiri bakekwaho kwiba amadorali ya Amerika asaga 9000 – Soma inkuru...
  • Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente avuga ko u Rwanda rwiteguye gutanga umusanzu mu kurwanya Malaria – Soma inkuru...

Impungenge ku bitabo n'ubushakashatsi kuri Jenoside yakorewe abatutsi

Yanditswe Jul, 27 2016 23:14 PM | 3,794 Views



Abashakashatsi b'abanyarwanda barimo gucukumbura bimwe mu bibazo u Rwanda rugihura nabyo nyuma y'imyaka 22 habaye Jenoside yakorewe abatutsi binyuze mu nyandiko. Mu bushakashatsi bw'ibanze bwashyizwe ahagaragara n'impuguke 10, bagarutse ku kunoza no kutabogama ku mateka kugirango hagaragazwe ukuri ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi agenda agorekwa.

Byinshi mu bitabo bikubiyemo amateka ya jenoside yakorewe abatutsi nuko byandikwa ahanini n'abanyamahanga, ariko bimwe ugasanga bigoreka ayo mateka.

Kuri ubu abanyarwanda nabo ntibicaye kuko batangiye gusohora ubushakashatsi bw'ibanze bwerekana uko u Rwanda rwahangana n'izi ngaruka.

Nyuma yo kungurana ibitekerezo kuri ibyo bitabo bivuga ku ngaruka za jenoside, byanditswe n’abanyarwanda, biteganijwe ko bizashyirwa ahagaragara mu kwezi kwa 10 uyu mwaka.

Inkuru mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage