AGEZWEHO

  • RIB yerekanye abasore babiri bakekwaho kwiba amadorali ya Amerika asaga 9000 – Soma inkuru...
  • Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente avuga ko u Rwanda rwiteguye gutanga umusanzu mu kurwanya Malaria – Soma inkuru...

Ibitaro bya gisirikare by'i Kanombe birateganya gutangira kuvura Kanseri mu 2018

Yanditswe Nov, 06 2017 11:16 AM | 4,862 Views



Ubuyobozi bw' ibitaro bya Gisirikare bya Kanombe buratangaza ko mu kwezi kwa mbere umwaka utaha, ibi bitaro bizaba bifite inyubako izakorerwamo ubuvuzi bwihariye bwa kanseri buzwi nka 'Radiotherapy' buzaba bukozwe bwa mbere mu Rwanda.

Kuri uyu wa mbere itsinda ry'abanyamerika bakora mu bijyanye na kanseri barimo n'abo muri Kaminuza zitandukanye muri icyo gihugu, basuye iyi nyubako bareba aho imirimo yo kuyubaka igeze, nyuma y'umwaka itangiye. 

Lt Colonel Dr. Pacifique Mugenzi asobanura ko iyi nyubako niyuzura izaba irimo imashini 2 zikora radiotherapy, buri mashini izajya yakira abarwayi bari hagati ya 80 n'120 ku munsi.

Ministre w'ubuzima Dr. Diane Gashumba we avuga ko iki kigo nicyuzura kizafasha mu gutanga ubuvuzi bwa Kanseri kikazunganira ibitaro bya Butaro biherereye mu Karere ka Burera. 



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage