AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Hagiye gutangizwa ikigega kizafasha ba rwiyemezamirimo muri ICT kubona igishoro

Yanditswe May, 13 2017 19:06 PM | 3,110 Views



Bamwe muri ba rwiyemezamirimo b'urubyiruko mu ikoranabuhanga n'isakazabumenyi ICT baravuga ko ikibazo cy'igishoro ki kizitira benshi muri bo kugira ngo ibitekerezo byabo bibashe kujya mu bikorwa. Uru rubyiruko rukaba rwemeza ko ikigega bashyiriweho nigitangira gukora kizaba ari igisubizo kuri bo.

Hirya no hino muri za laboratwari z'ikoranabuhanga, uhasanga urubyiruko ruba rufite ibitekerezo, biba bishobora kuvamo imishinga minini ikaba yarubera imbarutso y'ubukire. Gusa bamwe muri aba ba rwiyemezamirimo, bavuga ko ikibazo cy'igishoro kikizitira benshi muri bo kugira ngo ibitekerezo byabo bibashe kujya mu bikorwa.

Mu gihe imishinga y'uru rubyiruko izaba yatangiye gushyirwa mu bikorwa, yazarufasha kwiteza imbere ndetse n'ubukungu bw'igihugu bukahazamukira.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage