AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Green Party ntishyigikiye imvururu zijya ziba mbere cyangwa nyuma y'amatora

Yanditswe Dec, 13 2016 15:39 PM | 1,153 Views



Abagize ishyirahamwe ry'amashyaka aharanira iterambere ry'ibidukikije mu karere ka Afrika y'iburasirazuba baravuga ko badashyigikiye na gato imvururu zijya ziba mbere cyangwa nyuma y'amatora. Ibi ngo basanga biterwa n'abaturage batora abantu aho gutora ibitekerezo.

Mu mwaka utaha wa 2017 mu Rwanda no muri kenya hateganyijwe amatora y'umukuru w'igihugu mu gihe mu mwaka wa 2018 mu Rwanda hazaba amatora y'abadepite.

Ni mu gihe igihugu cya Uganda ndetse n'igihugu cya Sudani y'amajyepfo bikubutse mu matora ya prezida wa repubulika, mu mwaka ushize hakaba hari habaye ay'i Burundi.

Kuri ubu abagize amashyaka aharanira kurengera ibidukikije muri EAC bateraniye i Kigali kugirango bige neza uburyo bwo guhatana mu matora ndetse no kumenya byimbitse ibijyanye no kwiyamamaza.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage