AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Dr. Biruta arasaba abakora umwuga w'igenagaciro kunoza umwuga wabo

Yanditswe Dec, 19 2016 19:13 PM | 1,233 Views



Minisiteri y'umutungo kamere irakangurira abakora umwuga w'igenagaciro k'umutungo utimukanwa mu Rwanda, kurushaho gutunganya umwuga wabo bamenyekanisha ibyo bakora kugirango bifashe inzego zinyuranye mu gutanga service nziza.

Ni mubiganiro by'iminsi ibiri, byahuje abakora uyu mwuga, hagamijwe kurushaho kunoza service batanga.

Imyumvire ikiri hasi kubijyanye n'ibikorwa by'urwego rw'abagenagaciro k'umutungo utimukanwa no kuba hari abakora uwo mwuga bakiri ku gipimo cyo hasi mu gihugu,ni bimwe mu bifatwa nk'imbogamizi nk'uko byemezwa na Gatsirombo Egide, umuyobozi w'urugaga rw'abagenagaciro k'umutungo utimukanwa mu Rwanda (Institute of Real Property Valuers in Rwanda).

Minisitiri muri Minisiteri y'umutungo kamere Dr Vincent Biruta, asaba abakora umwuga w'igenagaciro k'umutungo utimukanwa kunoza umwuga wabo no gufatira ingamba abawukoranabi bagamije inyungu zabo kugirango uwo mwuga urusheho gufasha abaturage n'igihugu muri rusange.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage