AGEZWEHO

  • RIB yerekanye abasore babiri bakekwaho kwiba amadorali ya Amerika asaga 9000 – Soma inkuru...
  • Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente avuga ko u Rwanda rwiteguye gutanga umusanzu mu kurwanya Malaria – Soma inkuru...

Abanyarwanda bashora imali hanze bahura n'inzitizi z'umuco, isoko n'imikorere

Yanditswe Feb, 27 2018 23:39 PM | 4,885 Views



Bamwe mu bashoramari mu rwego rwa servisi zifashisha ikoranabuhanga baratangaza ko amahirwe y'ishoramali leta yashyizeho amaze kubafasha gutez'imbere ishoramali ryabo. Ibi kandi ngo bimaze kubafasha kwagura ibikorwa byabo no hanze y'imipaka y'igihugu.

Aba bashoramari basanga kuba raporo mpuzamahanga zitandundukanye zikomeza kugaragaza u Rwanda nka hamwe mu bihugu byizewe gukorerwamo ishoramari, byabaye ngombwa ko nabo bafata iyambere mu gusangiza ibindi bihugu bya Africa iterambere rishingiye kuri serivisi zifashisha ikorabuhanga.

Nubwo byinshi mu bihugu bya afurika bigaragaramo amahirwe y’ ishoramari cyane cyane mu ikoranabuhanga, aba bashoramari bavuga ko bidakuraho zimwe mu nzitizi zishingiye ku miterere ya buri gihugu.

Inkuru mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage