AGEZWEHO

  • RIB yerekanye abasore babiri bakekwaho kwiba amadorali ya Amerika asaga 9000 – Soma inkuru...
  • Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente avuga ko u Rwanda rwiteguye gutanga umusanzu mu kurwanya Malaria – Soma inkuru...

Abagatolika bizihije isabukuru y'imyaka 36 y'amabonekerwa ya Bikira Mariya

Yanditswe Nov, 29 2017 15:05 PM | 3,434 Views



Buri tariki 28 z'ugushyingo buri mwaka, abakristu batandukanye berekeza i Kibeho mu  birori byo kwizihiza isabukuru y'amabonekerwa yahabereye guhera mu mwaka wa 1981. Uyu mwaka abanyamahangabatandukanye nabo baje kwirebera agace nyirizi amabonekerwa yabereyemo. 

Usibye abanyamahanga basura ubutaka bwa Kibeho bwabereyeho amabonekerwa, n'abanyarwanda nabo ntibasigara gusura ahabereye ibitangaza nk'ibyo. 

Musenyeri wa Diyosezi ya Gikongoro Celestin Hakizimana wayoboye igitambo cya Misa cyo kwizihiza isabukuru y'imyaka 36 Bikira Mariya abonekeye u Rwanda, yasabye abitabiriye ibi birori kwibuka ubutumwa yahaye abo yabonekeye burimo gusenga, kwicuza n'ibindi. Yibukije abakristu ko bakwibuka gusabira ingo z'abakristu zirimo gusenyuka ndetse n'abapadiri bakomeje gutandukira ku nshingano zabo.

Inkuru irambuye mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage