Yanditswe Nov, 29 2017 15:05 PM | 3,434 Views
Buri tariki 28 z'ugushyingo buri mwaka, abakristu
batandukanye berekeza i Kibeho mu birori
byo kwizihiza isabukuru y'amabonekerwa yahabereye guhera mu mwaka wa 1981. Uyu mwaka abanyamahangabatandukanye nabo baje
kwirebera agace nyirizi amabonekerwa yabereyemo.
Usibye abanyamahanga basura ubutaka bwa Kibeho bwabereyeho amabonekerwa, n'abanyarwanda nabo ntibasigara gusura ahabereye ibitangaza nk'ibyo.
Musenyeri wa Diyosezi ya Gikongoro Celestin Hakizimana wayoboye igitambo cya Misa cyo kwizihiza isabukuru y'imyaka 36 Bikira Mariya abonekeye u Rwanda, yasabye abitabiriye ibi birori kwibuka ubutumwa yahaye abo yabonekeye burimo gusenga, kwicuza n'ibindi. Yibukije abakristu ko bakwibuka gusabira ingo z'abakristu zirimo gusenyuka ndetse n'abapadiri bakomeje gutandukira ku nshingano zabo.
Inkuru irambuye mu mashusho:
Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Apr 19, 2024
Soma inkuru
REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr
Jan 19, 2024
Soma inkuru
Oscar Pistorius yafunguwe nyuma y'imyaka 11 ishize yishe uwari umukunzi we
Jan 05, 2024
Soma inkuru
Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda
Dec 14, 2023
Soma inkuru
Twitege iki kuri Tour du Rwanda 2024?
Nov 09, 2023
Soma inkuru
Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya
Nov 05, 2023
Soma inkuru
Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023
Oct 22, 2023
Soma inkuru
Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abagenda n'amaguru
Oct 15, 2023
Soma inkuru