AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Biravugwa ko abacamanza batanga ibihano bitajyanye n'amategeko

Yanditswe May, 31 2016 11:05 AM | 785 Views



Abacamanza barasabwa gukorana ubushishozi akazi kabo ariko bagatanga ihano bitajenjekera abakora ibyaha bikomeye.

Mu kiganiro Perezida w'urukuko rukuru Kariwabo Charles yagiranye n' abacamanza nabanditsi b'inkiko mu nama y'umunsi mu karere ka Musanze.

Byatangajwe ko iki  cyemezo gifashwe nyuma y’aho bigaragariye ko abacamanza batanga ibihano bito rimwe na rimwe bikagaragara nko kudohoka ku nshingano zabo nubwo baba bubahirije amategeko. Abacamanza nabo baremera ko bagiye gutanga ibihano bikurikije uburemere bw'ibyaha.

Nk’uko imibare itangwa n’inkiko zibanze n’izisumbuye ibigaragaza, ibyaha byakozwe kurusha ibindi kuva muri mutarama kugeza muri mata ni ibyo kunywa ibiyobyabwenge, kubitunda no kubicuruza, gukubita no gukomeretsa, ubujura no gufata abana n’abagore ku ngufu. 




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage