AGEZWEHO

  • Minisitiri Gasana yasabye urubyiruko gushikama bagahangana n’abakomeje gupfobya Jenoside – Soma inkuru...
  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...

RSB yiyemeje guhangana n'abazana ibikoresho by'ubwubatsi bitujuje ubuziranenge

Yanditswe Oct, 01 2016 01:44 AM | 2,877 Views



Ikigo cy'igihugu cy'ubuziranenge cyatangaje ko kigiye kongera ingufu mu gukumira abantu binjiza mu gihugu ibikoresho by’ubwubatsi biba biturutse hanze mu buryo bwa magendu, hadasuzumwe ubuziranenge bwabyo. Ibi ngo bigira ingaruka ku bikorwaremezo ntibirambe. Gusa bamwe mu baturage n'abacuruzi bo barasaba basobanurirwa bihagije amabwiriza agenga ubuziranenge.

Ibikoresho by'ubwubatsi birimo amatafari, amabati, fer a betaux, amatiyo, ciment, ndetse n'insinga z'amashanyarazi, ni bimwe mu bikoresho byifashishwa mu bwubatsi ariko byabanje gupimwa ubuziranenge muri laboratoire zitandukanye z'ikigo cy'igihugu cy'ubuziranenge RSB kugira ngo byemererwe gukoreshwa.

Ikigo RSB kinagaragaza ko ikindi kibazo kiri gushakirwa umuti, ari ibindi bigo bikorera mu Rwanda bipima ubuziranenge ariko ugasanga ibipimo byabo bitari ku rwego mpuzamahanga. Gusa ngo hakwiye kubaho ubugenzuzi bwimbitse kuko nabyo bigira ingaruka ku kiremwa muntu no ku gihugu. Kugeza ubu mu Rwanda habururwa ibigo bipima ubuziranenge bigera kuri 6.

Inkuru irambuye mu mashusho:





Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage