AGEZWEHO

  • Burera: Minisitiri Gasana yasabye urubyiruko gushikama bagahangana n’abakomeje gupfobya Jenoside – Soma inkuru...
  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...

Perezida Paul Kagame mu baperezida 22 bitabiriye irahira rya Ramaphosa

Yanditswe May, 26 2019 00:09 AM | 7,449 Views



Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yitabiriye irahira rya Perezida wa Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa mu kurahirira kuyobora igihugu cya Afurika y’Epfo, kuri uyu wa Gatandatu tariki 25 Gicurasi 2019.

Twitter ya Perezidanse y’u Rwanda yagaragaje ko uyu muhango witabiriwe n’abantu barenga 30,000 bo muri iki gihugu cya Afurika y’Epfo, ndetse n’abakuru b’ibihugu 22 baturutse ku migabane inyuranye hirya no hino ku Isi.

Uyu muhango wabereye kuri Stade ya Loftus Versfeld murwa wa Pretoria.

Ramaphosa w’imyaka 66 yatowe nyuma y’uko ku wa 8 Gicurasi 2019, ishyaka rya ANC riyoboye Afurika y’Epfo ryatsinze amatora y’abadepite ku bwiganze.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage