Yanditswe Dec, 17 2018 21:00 PM | 32,502 Views
Perezida wa Repubulika
Paul Kagame akaba n’umuyobozi w’umuryango w’Afrika yunze ubumwe yamaze kugera i
Vienna muri Austria, ahazabera ku munsi w’ejo inama yo ku rwego rwo hejuru
izahuza u Burayi na Afrika.
Perezida Kagame akazafatanya n’umukuru wa guverinoma ya Austria, Chancellor Sebastian Kurz unayobora muri iki gihe Perezidansi y’inama y’umuryango w’ubumwe bw’u Burayi.
Iyi nama yo kuri uyu wa kabiri ifite insanganyamatsiko igaruka ku bufatanye mu gihe ikoranabuhanga rikataje. Izibanda ku kugaragagaza amahirwe ari mu bukungu bushingiye ku ikoranabuhanga nk'uburyo bwo koroshya ubufatanye n'uburumbuke ku migabane yombi.
Ni inama yitabirwa n’abakuru b’ibihugu na za guverinoma zitandukanye ku mugabane wa Afrika n’Uburayi, abayobozi b’ibigo mpuzamahanga by’ubucuruzi ndetse n’abandi bayobozi bayobora inzego zifata ibyemezo mu bigo n’inzego za leta cyangwa iz’abikorera.
Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Apr 19, 2024
Soma inkuru
REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr
Jan 19, 2024
Soma inkuru
Oscar Pistorius yafunguwe nyuma y'imyaka 11 ishize yishe uwari umukunzi we
Jan 05, 2024
Soma inkuru
Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda
Dec 14, 2023
Soma inkuru
Twitege iki kuri Tour du Rwanda 2024?
Nov 09, 2023
Soma inkuru
Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya
Nov 05, 2023
Soma inkuru
Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023
Oct 22, 2023
Soma inkuru
Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abagenda n'amaguru
Oct 15, 2023
Soma inkuru