AGEZWEHO

  • Nyamasheke: Mu minsi ibiri abarwayi 1000 bamaze kuvurirwa ku bitaro bya Kibogora n'Ingabo z'u Rwanda – Soma inkuru...
  • Ibibazo biri mu Burasirazuba bwa RDC ntibizakemuka Leta igikorana na FDLR- Abasesenguzi – Soma inkuru...

Ni ibiki byafasha umuyobozi gukora neza mu nzego z’ibanze?

Yanditswe Mar, 20 2024 18:05 PM | 56,902 Views



Umuyobozi w'Ishyirahamwe rihuza inzego z'ibanze n'Umujyi wa Kigali (RALGA), Ngendahimana Ladislas, yavuze ko kumenya icyerekezo cy’igihugu no kwimenya nk’umuntu ari byo bishobora gufasha umuyobozi mu nzego z’ibanze kugera ku nshingano.

Yabigarutseho mu Kiganiro Waramutse Rwanda cyo kuri uyu wa Gatatu, cyagarutse by’umwihariko ku mikorere n’imikoranire y’inzego z’ibanze zegerejwe abaturage.

Ngendahimana yavuze ko mu nzego z’ibanze haba uburyo buhoraho bwo kubaka ubushobozi ku bari muri izo nzego ariko hakabaho no kugisha inama yaba hagati y’abakorana cyangwa abandi bari mu zindi nzego.

Ati “Ubundi kugira ngo ubashe gukora neza mu nzego z’ibanze uko nabibonye, icya mbere ni ukubanza kumenya icyerekezo cy’igihugu, na we ukimenya noneho ukibaza ukuntu wose uza kwihuza n’icyerekezo cy’igihugu.”

Avuga ko aho ariho haza amategeko, politiki n’uburyo umuyobozi cyangwa umuntu wese abazwa inshingano z’ibyo akora cyangwa ibyo yagombaga gukora ariko akaba atabikoze.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Nyamasheke: Mu minsi ibiri abarwayi 1000 bamaze kuvurirwa ku bitaro bya Kibogora

Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente yasobanuye ko Isi yakoresha ikoranabuhanga

Umunyafurika uturutse mu Bwongereza yahisemo koherezwa mu Rwanda

Perezida Kagame yemeje ishyirwaho ry’Icyiciro cya Serivisi zishinzwe Ubuzi

RBC igaragaza ko abantu 1200 barwara Kanseri buri mwaka mu Rwanda

Rusizi: Abakorera mu gakiriro baravuga ko babangamiwe no kutagiramo ibikorwareme

Imyinshi izafungwa- Umushinga w'itegeko rigenga imiryango itari iya Leta ut

Ishyaka PDI ryiyemeje kuzashyigikira Paul Kagame mu matora y’Umukuru w&rsq