AGEZWEHO

  • Nyamasheke: Mu minsi ibiri abarwayi 1000 bamaze kuvurirwa ku bitaro bya Kibogora n'Ingabo z'u Rwanda – Soma inkuru...
  • Ibibazo biri mu Burasirazuba bwa RDC ntibizakemuka Leta igikorana na FDLR- Abasesenguzi – Soma inkuru...

Minisitiri w’Intebe yafunguye ibiro by’ikigega FEDA

Yanditswe Mar, 20 2024 11:01 AM | 43,859 Views



Minisitiri w'Intebe Dr Edouard Ngirente kuri uyu wa Gatatu yafunguye ku mugaragaro ibiro by'Ikigega Nyafurika kigamije Iterambere ry’Ubucuruzi bwohereza ibintu mu Mahanga (Fund for Export Development in Africa). 

Biteganyijwe ko ku ikubitiro iki kigega gifite ibiro i Kigali, kizakorana bya hafi n’abo mu nzego zitandukanye zirimo n'iz'abikorera.

Iki kigega cyitezweho kuzamura ihangwa ry’imirimo no koroshya ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano y’isoko rusange rya Afurika agamije koroshya urujya n’uruza rw’abantu, ibicuruzwa na serivisi.

Mu bindi iki kigega cyitezweho ni ukorohereza abakora mu rwego rw'abikorera bo muri Afurika kubona inguzanyo zibafasha mu mishinga yabo igamije ahanini guteza imbere urwego rwa serivisi ndetse no kohereza hanze ibicuruzwa biturutse kuri uyu mugabane.

<iframe width="560" height="315" src="https://www.youtube.com/embed/UDa6mj8ZCk8?si=Y2N1CqS3zWnVrWd2" title="YouTube video player" frameborder="0" allow="accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture; web-share" allowfullscreen></iframe>



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Nyamasheke: Mu minsi ibiri abarwayi 1000 bamaze kuvurirwa ku bitaro bya Kibogora

Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente yasobanuye ko Isi yakoresha ikoranabuhanga

Umunyafurika uturutse mu Bwongereza yahisemo koherezwa mu Rwanda

Perezida Kagame yemeje ishyirwaho ry’Icyiciro cya Serivisi zishinzwe Ubuzi

RBC igaragaza ko abantu 1200 barwara Kanseri buri mwaka mu Rwanda

Rusizi: Abakorera mu gakiriro baravuga ko babangamiwe no kutagiramo ibikorwareme

Imyinshi izafungwa- Umushinga w'itegeko rigenga imiryango itari iya Leta ut

Ishyaka PDI ryiyemeje kuzashyigikira Paul Kagame mu matora y’Umukuru w&rsq