Yanditswe Mar, 16 2021 11:04 AM | 46,034 Views
Itorero Angilikani ry’u Rwanda, kuri uyu wa Kabiri, ryatangije ishuri rikuru, East African Christian College.
Iri shuri ritangiranye abanyeshuri 200 kuri 250 bateganyijwe kwiga mu ishami rya tewolojiya.
Iri shuri rikuru ryemejwe n’inama y’abaminisitiri mu Kuboza 2020.
Kimwe mu bibazo iri shuri rije gukemura harimo icy’abayobozi b’amatorero benshi badafite impamyabumenyi muri tewolojiya nyamara ari byo basabwe na Leta.
Nyuma hateganyijwe no gutangiza andi mashami arimo ay’uburezi, ubukungu, ubuforomo n’ububyaza.
Ben Kayiranga yagaragaje uko Visit Rwanda yugururiye amarembo Abanyarwanda i Paris
Apr 22, 2024
Soma inkuru
Bagiye kubona ibintu byiza- Danny Nanone yijeje indirimbo nshya
Apr 19, 2024
Soma inkuru
Abasaga 200 bategerejwe i Kigali mu Iserukiramuco ‘Kigali Triennial’
Feb 12, 2024
Soma inkuru
Art Rwanda yatumye hahangwa imirimo 400 mu myaka 2
May 15, 2023
Soma inkuru