AGEZWEHO

  • Umujyi wa Kigali waburiye abaturage kwitwararika muri ibi bihe by'imvura nyinshi – Soma inkuru...
  • PAC yagaragaje ko mu kigega cy'Igihugu cy'ibiribwa cy'ingoboka harimo ibiribwa bike – Soma inkuru...

Itorero Angilikani ryafunguye ku mugaragaro kaminuza

Yanditswe Mar, 16 2021 11:04 AM | 46,034 Views



Itorero Angilikani ry’u Rwanda, kuri uyu wa Kabiri, ryatangije ishuri rikuru, East African Christian College. Iri shuri ritangiranye abanyeshuri 200 kuri 250 bateganyijwe kwiga mu ishami rya tewolojiya. Iri shuri rikuru ryemejwe n’inama y’abaminisitiri mu Kuboza 2020.

Kimwe mu bibazo iri shuri rije gukemura harimo icy’abayobozi b’amatorero benshi badafite impamyabumenyi muri tewolojiya nyamara ari byo basabwe na Leta. Nyuma hateganyijwe no gutangiza andi mashami arimo ay’uburezi, ubukungu, ubuforomo n’ububyaza.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ben Kayiranga yagaragaje uko Visit Rwanda yugururiye amarembo Abanyarwanda i Par

Bagiye kubona ibintu byiza- Danny Nanone yijeje indirimbo nshya

Abahanzi basaga 200 bategerejwe i Kigali mu Iserukiramuco ‘Kigali Triennia

Art Rwanda Ubuhanzi yatumye hahangwa imirimo 400 mu myaka 2