AGEZWEHO

  • Imiryango 4800 imaze kwimurwa nyuma y’ibiza byo muri Gicurasi 2023 – Soma inkuru...
  • Minisitiri Gasana yasabye urubyiruko gushikama bagahangana n’abakomeje gupfobya Jenoside – Soma inkuru...

Ibihe bya Guma mu Rugo byongerewe

Yanditswe Jul, 25 2021 14:14 PM | 36,218 Views



Kuri iki Cyumweru, guverinoma y'u Rwanda yatangaje ko ishimira Abaturarwanda ubufatanye bakomeje kugaragaza mu kubahiriza ingamba zo gukumira no kurwanya icyorezo cya COVID-19.

Gusa mu rwego rwo kurushaho gushimangira intambwe imaze guterwa mu kugabanya umubare w'abandura COVlD-19 ndetse n'abahitanwa nayo, yongereye iminsi 5 ku gihe cyo gushyira mu bikorwa ingamba zisanzweho, guhera tariki ya 27 kugeza ku ya 31 Nyakanga 2021.





Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage