AGEZWEHO

  • Imiryango 4800 imaze kwimurwa nyuma y’ibiza byo muri Gicurasi 2023 – Soma inkuru...
  • Minisitiri Gasana yasabye urubyiruko gushikama bagahangana n’abakomeje gupfobya Jenoside – Soma inkuru...

HAGIYE GUTANGIZWA UMUSHINGA USUZUMA IMITERERE Y'UBUTAKA

Yanditswe Apr, 30 2019 14:52 PM | 4,865 Views



Mu Rwanda hagiye gutangizwa umushinga ugamije gusuzuma imiterere y'ubutaka kugira ngo abahinzi-borozi bashobore kumenya ifumbire igihingwa bifuza kuzeza.

Ni umushinga Leta y'u Rwanda ifatanya n'igihugu cya Maroc ukaba uzatangira gukorera mu turere twa Rubavu, Nyabihu, Musanze na Burera.

Uyu mushinga uzatwara miliyoni 1 y'amadolari y'Amerika, uzaba ugizwe no kongerera abakozi ba Laboratoire n'abashakashatsi bashinzwe kwita ku butaka n'ibidukikije. 

Hazanongererwa ubushobozi za Laboratoire zishakirwa ibikoresho bigezweho kandi na Lanoratoire izokore ku buryo bwimukanwa (mobile) ku buryo imwe mu myunyu-ngugu izajya ipimirwa aho abahinzi bakorera.






Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage