AGEZWEHO

  • Minisitiri Gasana yasabye urubyiruko gushikama bagahangana n’abakomeje gupfobya Jenoside – Soma inkuru...
  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...

Rubavu: AQUAVIRUNGA yabahinduriye ubuzima

Yanditswe Jun, 27 2017 11:28 AM | 3,640 Views



Bamwe mubaturage batuye muri imwe mu mirenge yo mukarere ka Rubavu  ikwirakwizwamo amazi na Sosiyete AQUAVIRUNGA ku bufatanye n’akarere ka Rubavu barashimira uyu mushinga ko wabagejejeho amazi meza, kuko mbere utaraza bakoreshaga amazi mabi.  Ibi babivuze ubwo AQUAVIRUNGA  yizihizaga imyaka icumi ishize itangiye kwegereza amazi meza mubaturage batuye mu turere twa Rubavu, Nyabihu na Musanze. Nubwo hari iyi ntambwe yatewe, ikifuzo gihari ni uko buri muturage yajya agezwaho litiro 20 ku munsi kuko ubu agezwaho litiro 14 ku munsi.


Inkuru irambuye mu mashusho:





Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage