AGEZWEHO

  • Burera: Minisitiri Gasana yasabye urubyiruko gushikama bagahangana n’abakomeje gupfobya Jenoside – Soma inkuru...
  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...

Hanze: Ministre w'intebe Murekezi yitabiriye inama ku bukungu bwa Afurika

Yanditswe Mar, 20 2017 12:09 PM | 1,732 Views



Ministre w'intebe Anastase Murekezi ari mu birwa bya Maurice aho yagarariye perezida wa republika mu nama ku bukungu bwa Afrika, African Economic Platform. Ni inama yatangiye kuri uyu wa mbere tariki 20 Werurwe ikazasozwa kuwa 3 w'iki cyumweru.

Mu kiganiro ministre w'intebe yatanze muri iyi nama yagaragaje uburyo Afrika ikwiriye gukora ikanakoresha ibyo yivaniye mu nganda, ibihugu bigakorana ubucuruzi, kandi hakabaho kwihutisha ukwishyira hamwe kw'ibihugu mu miryango y'uturere tugize uyu mugabane.

Iyi nama yitabiriwe n'abayobozi ku rwego rwo hejuru b'ibihugu bya Afrika, harimo abaperezida n'abakuru ba za guverinoma.

Ni inama iganirirwaho uburyo ibihugu byo kuri uyu mugabane byakwihutisha kwisungana cyangwa 'regional integration' mu cyongereza.

Inkuru irambuye mukanya...



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage