AGEZWEHO

  • Imiryango 4800 imaze kwimurwa nyuma y’ibiza byo muri Gicurasi 2023 – Soma inkuru...
  • Minisitiri Gasana yasabye urubyiruko gushikama bagahangana n’abakomeje gupfobya Jenoside – Soma inkuru...

Bugesera: Shampiyona y'amagare yatangiye yegukanwa na Adrien Niyonshuti

Yanditswe Jun, 25 2016 20:06 PM | 3,008 Views



Adrien NIYONSHUTI nyuma y’imyaka 2 atitwara neza nkuko abivuga muri shampiyona y’umukino w’amagare mu Rwanda, niwe wegukanye iyi shampiyona mu gusiganwa umuntu ku giti cye, ibyo bakunze kwita Individual Time Trial mu rurimi rw’icyongereza. Mu cyiciro cy’abakobwa Jeanne D’arc Girubuntu niwe wayoboye abandi.

Biteganyijwe ko kuri iki cyumweru abasiganwa bazahaguruka mu mujyi wa Muhanga berekeza Huye basiganwa mu muhanda ibyo bita Road Race. Muri shampiyona y’ubushize Individual Time trial yegukanywe na Valens Ndayisenga naho Biziyaremye Joseph yegukana Road Race

Ariane Uwamahoro Television y’u Rwanda mu karere ka Bugesera

Inkuru irambuye mu mashusho:




Rogers

CONGZ NIYONSHUTI KOMEREZA AHO Jun 28, 2016


Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage