AGEZWEHO

  • Imiryango 4800 imaze kwimurwa nyuma y’ibiza byo muri Gicurasi 2023 – Soma inkuru...
  • Minisitiri Gasana yasabye urubyiruko gushikama bagahangana n’abakomeje gupfobya Jenoside – Soma inkuru...

Abitabira 'Car Free Day' bagira amahirwe yo gupimwa indwara zitandukanye

Yanditswe Oct, 03 2016 14:57 PM | 2,368 Views



Ibizamini byafashwe n'inzego z'ubuvuzi ku bantu 2,800 bitabiriye incuro 2 zibanza za siporo iba buri cyumweru cya mbere cy'ukwezi, byagaragaje ko harimo abagera kuri 300 ni ukuvuga 11% bafite umuvuduko w'amaraso ukabije.

Abitabira iyi siporo bakaba basaba ko yakorerwa ubukangurambaga kugira ngo irusheho kwitabirwa kuko yafasha abaturage kubungabunga ubuzima bwabo.

Ibipimo bigaragazwa n'inzego z'ubuvuzi zafashe ku bitabira iyo myitozo ngororamubiri inshuro 2 zishize, byerekana ko mu bantu 2800, diabete yagaragayeho n'abagera kuri 28(1%), umuvuduko w'amaraso ugaragara ku bantu 300(11%), naho 53 bagaragaza ibibazo by'amaso.

Imibare itangazwa n'inzego z'ubuzima yerekana ko 40% y'imfu ziterwa n'indwara zitandura. Uburyo budashidikanywaho bwo kwirinda bene izo ndwara ni ugukora imyitozo ngororamubiri kandi ku buryo buhoraho.

Inkuru irambuye:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage