AGEZWEHO

  • Twahisemo kuba umwe no gushyira inyungu za buri mu Nyarwanda imbere - Perezida Kagame – Soma inkuru...
  • Nyamasheke: Mu minsi ibiri abarwayi 1000 bamaze kuvurirwa ku bitaro bya Kibogora n'Ingabo z'u Rwanda – Soma inkuru...

Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare

Yanditswe Apr, 19 2024 19:57 PM | 141,012 Views



Tariki ya 19 Mata, imyaka ibaye 30 Sindikubwabo Theodore wari Perezida wa Guverinoma y’abatabazi atangije Jenoside yakorewe Abatutsi mu cyahoze ari Butare.

Traiki ya 19 Mata mu 1994 nibwo Sindikubwabo yakoranye inama na ba Burugumesitiri b’Amakomini yari agize Perefegitura ya Butare, maze arabatonganya cyane avuga ko batarimo kwitabira uko bikwiriye umugambi wa jenoside warimo ushyirwa mu bikorwa hirya no hino mu gihugu.

Abarokotse jenoside yakorewe Abatutsi mu cyahoze ari Butare ubu ni mu Karere ka Huye, bavuga ko iri jambo rya Sindikubwabo ari ryo ryatangije ku mugaragaro jenoside mu Mujyi wa Butare dore ko Abatutsi bahise batangira kwica bahereye ku barimu ba Kaminuza ndetse n’abacuruzi, bukeye tariki 20 hicwa Umwamikazi Rozaliya Gicanda nawe wari utuye muri uyu Mujyi.

Tuyisenge Adolphe



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ben Kayiranga yagaragaje uko Visit Rwanda yugururiye amarembo Abanyarwanda i Par

Bagiye kubona ibintu byiza- Danny Nanone yijeje indirimbo nshya

Abahanzi basaga 200 bategerejwe i Kigali mu Iserukiramuco ‘Kigali Triennia

Art Rwanda Ubuhanzi yatumye hahangwa imirimo 400 mu myaka 2