Yanditswe Apr, 08 2024 17:01 PM | 85,261 Views
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Bill Clinton wabaye
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, baganira ku mpinduka n’iterambere u
Rwanda rumaze kugeraho nyuma y’imyaka 30 ishize Jenoside yakorewe Abatutsi
ihagaritswe.
Bill Clinton ni we wari washyizweho na Perezida Biden nk’ugomba kuyobora itsinda ryahagarariye icyo gihugu mu bikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi.
Ibiro by’Umukuru w’Igihugu, Village Urugwiro, byatangaje ko ibiganiro by’aba bombi byabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, tariki 8 Mata 2024.
Ubutumwa bwanyujijwe ku mbuga nkoranyambaga bugira buti “Banaganiriye ku mutekano w’Akarere, bemeranya ko hakenewe igisubizo cya politiki cyakemura impamvu-muzi z’amakimbirane yo mu Burasirazuba bwa RDC, agira ingaruka ku Karere kose.”
Ben Kayiranga yagaragaje uko Visit Rwanda yugururiye amarembo Abanyarwanda i Paris
Apr 22, 2024
Soma inkuru
Bagiye kubona ibintu byiza- Danny Nanone yijeje indirimbo nshya
Apr 19, 2024
Soma inkuru
Abasaga 200 bategerejwe i Kigali mu Iserukiramuco ‘Kigali Triennial’
Feb 12, 2024
Soma inkuru
Art Rwanda yatumye hahangwa imirimo 400 mu myaka 2
May 15, 2023
Soma inkuru