AGEZWEHO

  • Nyamasheke: Mu minsi ibiri abarwayi 1000 bamaze kuvurirwa ku bitaro bya Kibogora n'Ingabo z'u Rwanda – Soma inkuru...
  • Ibibazo biri mu Burasirazuba bwa RDC ntibizakemuka Leta igikorana na FDLR- Abasesenguzi – Soma inkuru...

Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente yakiriye Umuhuzabikorwa w'Amashami y'Imiryango y'Abibumbye mu Rwanda

Yanditswe Apr, 05 2024 21:03 PM | 232,566 Views



Minisitiri w'Intebe, Dr Edouard Ngirente yakiriye Umuhuzabikorwa w'Amashami y'Imiryango y'Abibumbye ikorere mu Rwanda, Ozonnia Ojielo bagirana ibiganiro byibanze ku kurebera hamwe kuri gahunda zo kwihutisha iterambere icyiciro cya 2(NST2) u Rwanda rurimo gutegura. 

Umuhuzabikorwa w'Amashami y'Umuryango w'Abibumbye, Ozonnia Ojielo avuga ko Umuryango w'Abibumbye ufasha mu iterambere ry'u Rwanda mu nzego zitandukanye zirimo ubuhinzi, uburezi, ingufu, muri gahunda zo guteza imbere imiyoborere. 

Kuba uyu muyobozi yagiranye ibiganiro na Minisitiri w'Intebe w'u Rwanda Dr Edouard Ngirente, ngo wabaye umwanya mwiza wo gutanga ubutumwa bw'uko Umuryango w'Abibumbye wifatanyije n'u Rwanda muri ibi bihe byo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ben Kayiranga yagaragaje uko Visit Rwanda yugururiye amarembo Abanyarwanda i Par

Bagiye kubona ibintu byiza- Danny Nanone yijeje indirimbo nshya

Abahanzi basaga 200 bategerejwe i Kigali mu Iserukiramuco ‘Kigali Triennia

Art Rwanda Ubuhanzi yatumye hahangwa imirimo 400 mu myaka 2