Yanditswe Apr, 05 2024 21:03 PM | 232,566 Views
Minisitiri w'Intebe, Dr Edouard Ngirente yakiriye Umuhuzabikorwa w'Amashami y'Imiryango y'Abibumbye ikorere mu Rwanda, Ozonnia Ojielo bagirana ibiganiro byibanze ku kurebera hamwe kuri gahunda zo kwihutisha iterambere icyiciro cya 2(NST2) u Rwanda rurimo gutegura.
Umuhuzabikorwa w'Amashami y'Umuryango w'Abibumbye, Ozonnia Ojielo avuga ko Umuryango w'Abibumbye ufasha mu iterambere ry'u Rwanda mu nzego zitandukanye zirimo ubuhinzi, uburezi, ingufu, muri gahunda zo guteza imbere imiyoborere.
Kuba uyu muyobozi yagiranye ibiganiro na Minisitiri w'Intebe w'u Rwanda Dr Edouard Ngirente, ngo wabaye umwanya mwiza wo gutanga ubutumwa bw'uko Umuryango w'Abibumbye wifatanyije n'u Rwanda muri ibi bihe byo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi.
Ben Kayiranga yagaragaje uko Visit Rwanda yugururiye amarembo Abanyarwanda i Paris
Apr 22, 2024
Soma inkuru
Bagiye kubona ibintu byiza- Danny Nanone yijeje indirimbo nshya
Apr 19, 2024
Soma inkuru
Abasaga 200 bategerejwe i Kigali mu Iserukiramuco ‘Kigali Triennial’
Feb 12, 2024
Soma inkuru
Art Rwanda yatumye hahangwa imirimo 400 mu myaka 2
May 15, 2023
Soma inkuru