AGEZWEHO

  • WASAC igiye kubaka bundi bushya ikimoteri cya Nduba – Soma inkuru...
  • Umujyi wa Kigali ugiye guhagurukira abateza urusaku – Soma inkuru...

Kigali: Imurikagurisha ry'ubuhinzi n'ubworozi ridasanzwe

Yanditswe Jun, 19 2016 22:00 PM | 2,978 Views



Bamwe mu rubyiruko rwiga mu mashuri makuru bari mu imurikagurisha ry’ubuhinzi bavumbuye uburyo butandukanye bw’ikoranabuhanga bugamije kongera umusaruro w’ibihingwa.  Kimwe mu bidasanzwe muri iri murikagurisha ni umuntu Worora injereri akazigurisha aho yemeza ko ziribwa ntizigire ingaruka ku buzima.

Ministeri y’ubuhinzi n’ubworozi ivuga ko hari gahunda y’imirima y’icyitegererezo kugirango iryo koranabuhanga mu buhinzi rijye rimurikirwa abaturage aho guhera mu kurimurika gusa.

Inkuru irambuye mu mashusho:





Nshimiyimana Joseph

Aba banyeshuri bamurika ibijyanye n'ikoranabuhanga ni abo mu ishuri rya STES Rwanda ikorera Kicukiro munsi ya Nobleza Hotel ntabwo ari abo muri Kaminuza y'Urwanda. Jun 20, 2016


Nshimiyimana Joseph

Iyi video abanyeshuri bayigaragaramo n'ibyo bamurika ni iby'ishuri STES - Rwanda rikorera Kicukiro munsi ya Nobleza aho kuba Kaminuza y'Urwanda ishami ry'ikoranabuhanga. Byaba byiza bikosowe. Jun 20, 2016


Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ben Kayiranga yagaragaje uko Visit Rwanda yugururiye amarembo Abanyarwanda i Par

Bagiye kubona ibintu byiza- Danny Nanone yijeje indirimbo nshya

Abahanzi basaga 200 bategerejwe i Kigali mu Iserukiramuco ‘Kigali Triennia

Art Rwanda Ubuhanzi yatumye hahangwa imirimo 400 mu myaka 2