Yanditswe May, 10 2024 07:24 AM | 69,662 Views
Ibarura ry’agateganyo ry’ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu muri Tchad ryagaragaje ko Gen Mahamat Idriss Déby Itno wayoboraga iki gihugu mu nzibacyuho ari we watsindiye kuba perezida wacyo.
Umuyobozi w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe imicungire y’Amatora, Ahmed Bartichet muri Tchad yatangaje ko Mahamat Idriss Deby, afite amajwi 61.3 %. Ni mu gihe amajwi amaze kubarurwa arenga 50%.
Ni amatora yabaye tariki ya 6 Gicurasi 2024, aho Minisitiri w’Intebe Succes Masra wari mu bahanganye na Gen Déby Itno, yagize amajwi 18, 53%.
Gen Déby yagiye ku butegetsi muri Mata 2021, nyuma y’iraswa ry’umubyeyi we, Maréchal Idris Déby Itno, wari umaze imyaka 31 ku butegetsi bwa Tchad.
Dr Frank Habineza uyobora Ishyaka Riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije, Democratic Green ...
53 minutes
Soma inkuru
Ishyaka Riharanira Demukarasi n’Imibereho Myiza, PSD, ryashyikirije Komisiyo y’Igihugu y ...
1 hour
Soma inkuru
Perezida Kagame yaganiriye n'itsinda ryaturutse mu Ishuri Rikuru ry’Ingabo ry’Ubwon ...
May 19, 2024
Soma inkuru
Guverinoma y’u Rwanda yasobanuye impamvu umukozi wa Human Rights Watch yangiwe kwinjira mu gih ...
May 19, 2024
Soma inkuru
Gicumbi: Imiryango yasenyewe n’ibiza mu 2023 yatujwe mu Mudugudu wa Kaniga
May 18, 2024
Soma inkuru
Minisitiri w'Intebe wa Guinée Conakry yasuye umushinga wa Gabiro Agribusiness Hub
May 18, 2024
Soma inkuru
Amajyaruguru: Imiryango 11 y’abarokotse Jenoside yaremewe n’abanyamuryango ba FPR Inkot ...
May 18, 2024
Soma inkuru
Burera: Abaturage 6 bakomerekejwe n’imbogo zasohotse muri Pariki y’Ibirunga
May 18, 2024
Soma inkuru