Yanditswe Jul, 25 2016 16:45 PM | 1,814 Views
Urugaga rw'abikorera PSF ruratangaza ko hari umubare munini w'abifuza kwitabira imurikagurisha rya 19 ariko bakaba barahakaniwe kubera ko aho ribera ari hato. Iki kibazo ariko ngo kizabonerwa umuti kuva mu mwaka w'2018 ubwo imurikagurisha rizimuka rikajya ribera i Gahanga mu karere ka Kicukiro kuko hazaba hagutse.
Urugaga rw'abikorera/PSF rutangaza ko imibare y'abazasura imurikagurisha ry'uyu mwaka bazagera ku bihumbi 320 mu minsi 15 mu gihe abazaba bagaragaza ibyo bakora ari 419 harimo abanyamahanga 148 bazava mu bihugu 17. PSF ariko ntisobanura neza mu mibare amafaranga yinjizwa n'imurikagurisha ariko umuyobozi wayo Steven Ruzibiza ashimangira ko imurikagurisha rigira akamaro kanini ku bukungu bw'igihugu harimo no gutanga akazi.
Inkuru irambuye mu mashusho:
Ben Kayiranga yagaragaje uko Visit Rwanda yugururiye amarembo Abanyarwanda i Paris
Apr 22, 2024
Soma inkuru
Bagiye kubona ibintu byiza- Danny Nanone yijeje indirimbo nshya
Apr 19, 2024
Soma inkuru
Abasaga 200 bategerejwe i Kigali mu Iserukiramuco ‘Kigali Triennial’
Feb 12, 2024
Soma inkuru
Art Rwanda yatumye hahangwa imirimo 400 mu myaka 2
May 15, 2023
Soma inkuru