AGEZWEHO

  • WASAC igiye kubaka bundi bushya ikimoteri cya Nduba – Soma inkuru...
  • Umujyi wa Kigali ugiye guhagurukira abateza urusaku – Soma inkuru...

ExpoRwanda2016: N'ubwo imyiteguro irimbanije ibibanza byabaye bike

Yanditswe Jul, 25 2016 16:45 PM | 1,814 Views



Urugaga rw'abikorera PSF ruratangaza ko hari umubare munini w'abifuza kwitabira imurikagurisha rya 19 ariko bakaba barahakaniwe kubera ko aho ribera ari hato. Iki kibazo ariko ngo kizabonerwa umuti kuva mu mwaka w'2018 ubwo imurikagurisha rizimuka rikajya ribera i Gahanga mu karere ka Kicukiro kuko hazaba hagutse.

Urugaga rw'abikorera/PSF rutangaza ko imibare y'abazasura imurikagurisha ry'uyu mwaka bazagera ku bihumbi 320 mu minsi 15 mu gihe abazaba bagaragaza ibyo bakora ari 419 harimo abanyamahanga 148 bazava mu bihugu 17. PSF ariko ntisobanura neza mu mibare amafaranga yinjizwa n'imurikagurisha ariko umuyobozi wayo Steven Ruzibiza ashimangira ko imurikagurisha rigira akamaro kanini ku bukungu bw'igihugu harimo no gutanga akazi.



Inkuru irambuye mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ben Kayiranga yagaragaje uko Visit Rwanda yugururiye amarembo Abanyarwanda i Par

Bagiye kubona ibintu byiza- Danny Nanone yijeje indirimbo nshya

Abahanzi basaga 200 bategerejwe i Kigali mu Iserukiramuco ‘Kigali Triennia

Art Rwanda Ubuhanzi yatumye hahangwa imirimo 400 mu myaka 2