AGEZWEHO

  • Nyamasheke: Mu minsi ibiri abarwayi 1000 bamaze kuvurirwa ku bitaro bya Kibogora n'Ingabo z'u Rwanda – Soma inkuru...
  • Ibibazo biri mu Burasirazuba bwa RDC ntibizakemuka Leta igikorana na FDLR- Abasesenguzi – Soma inkuru...

MINECOFFIN na RPPA mu nama yo gukoresha neza umutungo wa leta

Yanditswe Nov, 02 2016 12:06 PM | 1,414 Views



Ministre w'imari n'igenamigambi Amb. Claver Gatete aratangaza ko iterambere ry'igihugu rishingira ku mikoreshereze myiza y'umutungo w'igihugu, kandi ko ibi bitashoboka hatabayeho uburyo bwo gutanga no gulutikirana amasoko ya leta binyuze mu mucyo.

Ministre Gatete ubwo yatangizaga ibiganiro bihuza abarebwa n'amasoko ya leta mu bihugu byo bya Afrika y'iburasirazuba yavuze ko mu Rwanda habayeho amavugurura ashingiye ku mategeko kugirango hanozwe imitangire y'amasoko ya leta ariko hakiri ikibazo cyo kubahiriza ishyirwa mu bikorwa ry'ibikubiye mu mategeko n'amabwiriza mashya.

Bityo asaba abitabiriye ibi biganiro guhuriza hamwe ibyifuzo by'inzego zirebwa n'amasoko ya leta n'inzego z'abikorera mu Karere gushakira hamwe imyanzuro inyuze impande zombi. 




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ben Kayiranga yagaragaje uko Visit Rwanda yugururiye amarembo Abanyarwanda i Par

Bagiye kubona ibintu byiza- Danny Nanone yijeje indirimbo nshya

Abahanzi basaga 200 bategerejwe i Kigali mu Iserukiramuco ‘Kigali Triennia

Art Rwanda Ubuhanzi yatumye hahangwa imirimo 400 mu myaka 2