Yanditswe Nov, 02 2016 12:06 PM | 1,414 Views
Ministre w'imari
n'igenamigambi Amb. Claver Gatete aratangaza ko iterambere ry'igihugu
rishingira ku mikoreshereze myiza y'umutungo w'igihugu, kandi ko ibi
bitashoboka hatabayeho uburyo bwo gutanga no gulutikirana amasoko ya leta
binyuze mu mucyo.
Ministre Gatete ubwo yatangizaga ibiganiro bihuza abarebwa n'amasoko ya leta mu bihugu byo bya Afrika y'iburasirazuba yavuze ko mu Rwanda habayeho amavugurura ashingiye ku mategeko kugirango hanozwe imitangire y'amasoko ya leta ariko hakiri ikibazo cyo kubahiriza ishyirwa mu bikorwa ry'ibikubiye mu mategeko n'amabwiriza mashya.
Bityo asaba abitabiriye ibi biganiro guhuriza hamwe ibyifuzo by'inzego zirebwa n'amasoko ya leta n'inzego z'abikorera mu Karere gushakira hamwe imyanzuro inyuze impande zombi.
Ben Kayiranga yagaragaje uko Visit Rwanda yugururiye amarembo Abanyarwanda i Paris
Apr 22, 2024
Soma inkuru
Bagiye kubona ibintu byiza- Danny Nanone yijeje indirimbo nshya
Apr 19, 2024
Soma inkuru
Abasaga 200 bategerejwe i Kigali mu Iserukiramuco ‘Kigali Triennial’
Feb 12, 2024
Soma inkuru
Art Rwanda yatumye hahangwa imirimo 400 mu myaka 2
May 15, 2023
Soma inkuru