AGEZWEHO

  • Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Guinée Conakry – Soma inkuru...
  • RDB yeretse abashoramari aho bakwiye gushora imari mu Rwanda – Soma inkuru...

Ikigo gishinzwe ingufu REG cyasabwe gukemura ibibazo bikigaragara mu mikorere yacyo

Yanditswe Apr, 29 2024 19:43 PM | 46,839 Views



Komisiyo ishinzwe kugenzura imikoreshereze y'Imari n'umutungo by'igihugu mu Nteko Ishinga Amategeko PAC yasabye ubuyobozi bw'Ikigo cy'Igihugu gishinzwe ingufu REG gukemura ibibazo byagaragaye muri Raporo y'Umugenzuzi mukuru w'Imari ya Leta kuko bidakozwe byazagusha Leta mu gihombo mu bihe bizaza.

Muri ibyo harimo gusubiramo amasezerano y'inyigo z'umushinga wa Nyabarongo II uzatanga Megawatt 43 z'umuriro w'amashanyarazi, kunoza ibitabo by'amasoko bigakorwa mu mucyo n'ibindi.

Umuyobozi mukuru w'Ikigo cy'Igihugu gishinzwe ingufu REG Armond Zingiro yemeza ko inama bagiriwe bagiye kuzikurikiza kugira ngo imishinga bafite ifitiye abaturage akamaro izashyirwe mu bikorwa neza.



Komisiyo Ishinzwe Gukurikirana Imikoreshereze y’Imari n’Umutungo by’Igihugu (PAC) yatangiye kubariza mu ruhame Inzego n’Ibigo bya Leta byagaragayemo amakosa muri raporo y'Umugenzuzi w'Imari wa Leta y’umwaka wa 2022/23. Photo: Rwanda Parliament


Juventine Muragijemeriya




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ben Kayiranga yagaragaje uko Visit Rwanda yugururiye amarembo Abanyarwanda i Par

Bagiye kubona ibintu byiza- Danny Nanone yijeje indirimbo nshya

Abahanzi basaga 200 bategerejwe i Kigali mu Iserukiramuco ‘Kigali Triennia

Art Rwanda Ubuhanzi yatumye hahangwa imirimo 400 mu myaka 2