AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Zimwe mu mpamvu abangavu batwara inda zititeguwe

Yanditswe Aug, 20 2016 21:02 PM | 4,597 Views



Kuba hari bamwe mu babyeyi bataganira n'abana babo ku buzima bw'imyororokere ni kimwe mu bitiza umurindi ikibazo cy'abangavu batwara inda zitateguwe. Minisiteri y'uburinganire n'iterambere ry'umuryango isanga ababyeyi bafite uruhare rukomeye mu guhangana n'iki kibazo, aho bagomba kuganiriza abana babo ibijyanye n'ubuzima bw'imyororokere.

Ubushakashatsi bw'ikigo cy'ibarurishamibare bwo mu mwaka wa 2014/2015 bugaragaza ko mu Rwanda abakorwa bageza imyaka 19 y'ubukure, muri bo 15% baba baratwaye inda zitateguwe. Nyiransabimana Coletha ni umwe mu bavuga ko yahuye n'iki kibazo kandi atarageza imyaka y’ubukure.

Ubushakashatsi bwakozwe n'ikigo cy'ibarurishamibare mu 2014-2015 bugaragaza ko Intara y'Iburasirazuba ariyo iza ku isonga mu kugira abangavu benshi batwaye inda kuko ifite 10.7%, Umujyi wa Kigali ukagira 10.2%, hagakurikiraho uburengerazuba na 5.8% Amajyepho ni 5.6%, mu gihe intara y'amajyaruguru yo ifite 4.9%.

Inkuru irambuye mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage