AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

U Rwanda rwahisemo demukarasi irubereye bitewe n’amateka yarwo-Senateri Dushimimana

Yanditswe Sep, 15 2020 18:20 PM | 35,109 Views



Tariki 15 Nzeri buri mwaka ni umunsi  mpuzamahanga umuryango w’abimbumbye wageneye kurizikana  Demukarasi. Mu Rwanda Sena ni yo ifite inshingano zo kubungabunga amahame remezo igihugu kigenderaho ari nayo ashimangira ko u Rwanda ari igihugu kigendera kuri demokrasi.

Perezida wa Komisiyo ya Politiki muri Sena Hon.Dushimimana Lambert atangaza ko u Rwanda rwahisemo Demokarasi irubereye bitewe n’umwihariko w’amateka yarwo.





Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda rurishimira ibyagezweho mu kurwanya Malariya

Abadepite basabye Guverinoma gukemura ikibazo cyo gushyingura bihenze

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw