Yanditswe Oct, 06 2020 12:12 PM | 48,969 Views
Kuri uyu munsi isi yose yizihiza umunsi wa Mwalimu Perezida wa Repubulika Paul Kagame yasabye abanyarwanda kuzirikana abarimu babashimira imirimo myiza bakora.
Umunsi wa Mwarimu wizihijwe mu gihe isi yose yugarijwe n’icyorezo cya Covid-19 ndetse n’abanyeshuri bari mu ngo, ariko kandi ni no mugihe hatangiye imyiteguro igamije kongera gufungura amashuri.
Abasaga 200 bategerejwe i Kigali mu Iserukiramuco ‘Kigali Triennial’
Feb 12, 2024
Soma inkuru
Art Rwanda yatumye hahangwa imirimo 400 mu myaka 2
May 15, 2023
Soma inkuru