AGEZWEHO

  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...
  • Ni igikorwa kigayitse ku Bufaransa- Amb. Anfré avuga ku bakozi babo bishwe muri Jenoside – Soma inkuru...

Igishushanyo mbonera cy’imikoreshereze y’ubutaka: Ubuhinzi bwagenewe 47%, imiturire 15%

Yanditswe Jul, 31 2020 09:08 AM | 60,574 Views



Abaturage bavuze ko igishushanyo mbonera cy'imikoreshereze no kubyaza umusaruro ubutaka ku rwego rw'igihugu cyemejwe n'inama y'abaminisitiri, kigiye gukemura inzitizi bahuraga na zo zo kutamenya icyo ubutaka bwagenewe. ubuhinzi bwagenewe 47;2% mu gihe imiturire ari 15%.

Inama y'abaminisitiri  yemeje igishushanyombonera cy'imikoreshereze no kubyaza umusaruro ubutaka ku rwego rw'igihugu. Ubuhinzi bwagenewe 47,2% by'ubuso bw'igihugu,amashyamba yahariwe 29,3%,imiturire n'ibikorwaremezo ni 15%,mu gihe amazi n'ibishanga bibungabunzwe ari 8,5%.

Umuyobozi mMkuru w'ikigo cy'igihugu gishinzwe imicungire n'imikoreshereze y'ubutaka, Mukamana Espérance avuga ko kuba iki gishushanyo mbonera cyemejwe kizatuma n'ibindi bishishanyo mbonera by'imiturire mu Mujyi wa Kigali n'indi mijyi bihita bisohoka abaturage bamenye icyo ubutaka bwagenewe.

Iki gishushanyo mbonera cyemejwe gitanga imirongo migari ku bindi bishushanyo mbonera bigena uko ubutaka bucungwa n'uko bukoreshwa.


Jean Paul TURATINZE



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura