Yanditswe Jun, 19 2016 21:49 PM | 2,906 Views
Abasura ikigo
ndangamurage cya Rulindo cyitwa “Ikirenga
Cultural Center” baratangaza ko ari ikimenyetso gikomeye cy’umwimerere
w’amateka n’umuco Nyarwanda. Icyo kigo cyubatswe ahazwi nko:”Ku Kirenge cya Ruganzu”, ubuyobozi bw’akarere ka Rulindo buvuga
ko ari urugero rw’uko buri karere kose gashobora kubaka ibimenyetso
bidasibangana by’amateka yakaranze bigafasha abaturage kuyamenya.
Uretse kuba hamurikirwa
amateka n’ubudasa bwinshi bwo mu duce twahoze ari Ububeruka, ubumbogo, u Busigi
n’izindi mpugu zari zigize aho Rulindo iherereye, muri iki gihe hamurikirwa imikino idasanzwe nk’ubukwe bwa Kinyarwanda,
ivuka rya Ruganzu n’iyimikwa ry’ingoma Karinga hakagurishirizwa n’ibihangano
by’umwimerere nyarwanda.
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru