AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

Rulindo: Ba mukerarugendo ntibakirenga aho bita "ku kirenge cya Ruganzu"

Yanditswe Jun, 19 2016 21:49 PM | 2,906 Views



Abasura ikigo ndangamurage cya Rulindo cyitwa “Ikirenga Cultural Center” baratangaza ko ari ikimenyetso gikomeye cy’umwimerere w’amateka n’umuco Nyarwanda. Icyo kigo cyubatswe ahazwi nko:”Ku Kirenge cya Ruganzu”, ubuyobozi bw’akarere ka Rulindo buvuga ko ari urugero rw’uko buri karere kose gashobora kubaka ibimenyetso bidasibangana by’amateka yakaranze bigafasha abaturage kuyamenya.

Uretse kuba hamurikirwa amateka n’ubudasa bwinshi bwo mu duce twahoze ari Ububeruka, ubumbogo, u Busigi n’izindi mpugu zari zigize aho Rulindo iherereye, muri iki gihe hamurikirwa imikino idasanzwe nk’ubukwe bwa Kinyarwanda, ivuka rya Ruganzu n’iyimikwa ry’ingoma Karinga hakagurishirizwa n’ibihangano by’umwimerere nyarwanda.

Inkuru irambuye mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira