Yanditswe Jan, 03 2017 15:28 PM | 2,670 Views
Mu gihe kuva mu ntangiriro z’uyu mwaka habaye ikibazo cyo kugura umuriro Ubuyobozi bw'ikigo cy'igihugu gishinzwe amashanyarazi REG burisegura ku bafatabuguzi bacyo. REG iremeza ko bari gukora ibishoboka kugira ngo iki kibazo gikemuke kare.
Hagati aho ikigo cy'igihugu gishinzwe amashanyarazi REG kuvuga ko ikibazo cyabayeho ari umwe mu bafatanyabikorwa bacyo, ucuruza umuriro ku baturage wagize ikibazo mu buryo akoresha awucuruza. Ibyo kandi bikagera ku baturage batari bake kuko, uwo mufatanyabikorwa ariwe ufite gice kinini cy'igihugu agurishamo umuriro.
REG ikaba yisegura ku bafatabuguzi bayo kuri icyo kibazo cyabayeho, ariko ko kugura umuriro bikomeje hifashishijwe abandi bafatanyabikorwa babiri bacuruza umuriro
Ubuyobozi bwa REG bwemeje ko kugura umuriro hifashishijwe banki byasubiyeho kandi ko n'ubundi buryo abaturage bari bamenyereye bakora ibishoboka ngo busubireho.
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru