AGEZWEHO

  • Perezida Kagame yamwenyuye nyuma y'intsinzi ya Arsenal FC – Soma inkuru...
  • NAEB yagaragaje ko ibyoherezwa hanze bituruka ku ndabo n'imbuto byageze kuri toni 1000 ku kwezi – Soma inkuru...

Ubuyobozi bwa REG bwiseguye kubafatabuguzi bayo kubw'ikibazo cyo kugura umuriro

Yanditswe Jan, 03 2017 15:28 PM | 2,670 Views



Mu gihe kuva mu ntangiriro z’uyu mwaka habaye ikibazo cyo kugura umuriro   Ubuyobozi bw'ikigo cy'igihugu gishinzwe amashanyarazi REG burisegura ku bafatabuguzi bacyo. REG iremeza ko bari gukora ibishoboka kugira ngo iki kibazo gikemuke kare.

Hagati aho ikigo cy'igihugu gishinzwe amashanyarazi REG kuvuga ko ikibazo cyabayeho ari umwe mu bafatanyabikorwa bacyo, ucuruza umuriro ku baturage wagize ikibazo mu buryo akoresha awucuruza. Ibyo kandi bikagera ku baturage batari bake kuko, uwo mufatanyabikorwa ariwe ufite gice kinini cy'igihugu agurishamo umuriro.

REG ikaba yisegura ku bafatabuguzi bayo kuri icyo kibazo cyabayeho, ariko ko kugura umuriro bikomeje hifashishijwe abandi bafatanyabikorwa babiri bacuruza umuriro

Ubuyobozi bwa REG bwemeje ko kugura umuriro hifashishijwe banki byasubiyeho kandi ko n'ubundi buryo abaturage bari bamenyereye bakora ibishoboka ngo busubireho.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize