Yanditswe Aug, 31 2021 10:48 AM | 58,912 Views
Urukiko rw’ubujurire rw’i Paris mu Bufaransa kuri uyu wa mbere tariki ya 30 Kanama 2021, rwanze icyifuzo cyatanzwe na Agatha Kanziga, cy’uko atakurikiranwa ku ruhare akekwaho muri jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda.
Ibiro ntaramakuru by’Ubufaransa AFP dukesha iyi nkuru bivuga ko iki cyifuzo cy’umugore wa Juvenal Habyarimana wabaye perezida w’u Rwanda, cyari cyarashyikirijwe urukiko n’umwunganira mu mategeko, hakaba hari hashize imyaka 13 akorwaho iperereza mu Bufaransa.
Abasaga 200 bategerejwe i Kigali mu Iserukiramuco ‘Kigali Triennial’
Feb 12, 2024
Soma inkuru
Art Rwanda yatumye hahangwa imirimo 400 mu myaka 2
May 15, 2023
Soma inkuru