AGEZWEHO

  • Perezida Kagame yamwenyuye nyuma y'intsinzi ya Arsenal FC – Soma inkuru...
  • NAEB yagaragaje ko ibyoherezwa hanze bituruka ku ndabo n'imbuto byageze kuri toni 1000 ku kwezi – Soma inkuru...

Urubanza rwa Kabuga rwashyizwe tariki 29 Nzeri

Yanditswe Aug, 18 2022 13:31 PM | 74,981 Views



Urwego Mpuzamahanga rwashyiriweho gukora imirimo y'insigarira y'inkiko mpanabyaha rwatangaje ko urubanza rwa Félicien Kabuga ruzatangira tariki 29 Nzeri 2022.

Ni umwanzuro watangarijwe mu nama ntegura rubanza yabereye i La Haye mu Buholandi.

Kabuga akurikiranweho ibyaha biri mo ubufatanyacyaha muri jenoside, gushishikariza mu buryo butaziguye no gukangurira rubanda gukora jenoside, gushaka gukora jenoside, umugambi wo gukora jenoside, gutoteza no gutsemba, byose bifitanye isano n’ibyaha byakozwe mu gihe cya jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda.

Uyu mwanzuro ugaragaza igihe urubanza mu mizi ruzatangira kuburanishirizwa, wafashwe kandi nyuma  y'uko Kabuga Felicien agaragaje ko akeneye guhindura umwunganira mu mategeko.

Muri Gicurasi 2020, Kabuga Félicien wari umaze imyaka irenga 20 ashakishwa kubera kugira uruhare rukomeye muri Jenoside yakorewe Abatutsi  yafatiwe mu Bufaransa.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize